September 19, 2024

2 thoughts on “Kwereka itangazamakuru abakekwaho ibyaha, gusaka bimwe mu byateje impaka mu rukiko

  1. Ubundi ibi ninko gusetsa imikara, ubundi c ibi RIB yabyumva? Ko wagirango RIB iriyobora? Reba RIB ifata umuntu ntaniperereza igahita iruhukiriza umuntu muri gereza nyuma yumwaka urukiko ruti ubaye umwere!! Ubwo c habanje gukorwa iperereza uwo muntu yafungwa? None ngo bazabahe uburenganzira bwisaka? Gusa ibi harabo biba bireba nyine ariko ntakundi

  2. Ndashimira cyane Me Murangwa Edward kubw’iyi ntambwe yateye, nsaba urukiko rwaregewe kubona ko ikirego cyatanzwe na Me Murangwa Edward gifite ishingiro muri byose maze rutegeke ko ingingo z’amategeko zagaragajwe muri Uru rubanza zihindurwa hisunzwe ibiteganywa n’itegeko nshinga kubera ko mu gihe urukiko rwaregewe rwabibona ukundi, twazisanga RIB aho kuba urwego (Organ) rukorera Rubanda ibaye igikoresho (Tool) cyo guhonyora uburenganzira bwa bamwe.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *