Nyiransengiyumva Valentine wamenyekanye nka Dorimbogo, yitabye kuri uyu wa 27 Nyakanga 2024 aguye mu bitaro bya Kibuye....
Mu Rwanda
Nyuma y’uko abantu batanu bagwiriwe n’ikirombe gicukurwamo amabuye y’agaciro mu Karere ka Rulindo, abagatuye basabwe kurushaho kwirinda...
Abanyarwanda babiri bari batuye mu gihugu cya Oman, bitabye Imana bazize impanuka y’imodoka. Mu gihugu cya Oman,...
Umusore wo mu kigero cy’imyaka 19 y’amavuko wakoreraga ubucuruzi buciriritse mu Murenge wa Musheri mu karere ka...
Hari abaturage, bo mu murenge wa Base mu Karere ka Rulindo basaba abayobozi ibisobanuro nyuma y’uko ngo...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko imicungire mibi y’imishinga yo kubungabunga amashyamba ari impamvu yatumye rutangira iperereza...
Iteka rishya rya Perezida rigaragaza ko uzajya utsinda ikizamini cyo gushaka uruhushya rwa burundu rwo gutwara ibinyabiziga...
Amatora y’abazaba bagize Inteko Ishinga Amategeko, Umutwe w’Abadepite, muri manda itaha yararangiye, ndetse ibyayavuyemo byagaragaje ko bidasubirwaho...
Ubutaka bugenewe ubuhinzi, ubworozi, n’amashyamba, bungana na hegitari eshanu kandi bukaba budakoreshwa, bushobora gufatirwa na leta by’agateganyo,...
Perezida wa Repubulika yirukanye uwari Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurimo, Dr Mujawamariya Jeanne D’Arc kubera ibyo akurikiranyweho....