Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Kagame yahagaritse ku mirimo Gasana Emmanuel wari Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba kubera ibyo agomba kubazwa akurikiranweho.
Kuri uyu wa gatatu tariki 25 Ukwakira 2023 ibiro bya Minisitiri w’Intebe byasohoye itangazo rihagarika CG (ltd) Emmanuel Gasana wari Guverineri w’Intara y’Uburasirazuba.