RIB yafunze Barikana Eugene wari umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda. Akurikiranyweho gutunga intwaro mu buryo...
Day: May 13, 2024
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rurihanangiriza abakangisha abandi kubasebya bifashishije amafoto yabo y’ubwambure, rukabibutsa ko ari icyaha gihanwa...
Umunyeshuri wa Kaminuza ya MKU (Mount Kenya University), yasanzwe yapfuye, ari mu nzu yakodeshaga, nyuma y’uko hari...
Leta y’u Rwanda yavuze ko “biboneka neza ko hari ikintu kitagenda neza mu Burundi” kuba leta yaho...
Akenshi na kenshi usanga abantu batizera bagenzi babo bituma bisanga bakoze amakosa akomeye yo gufata telefone zabo...
Ikibazo cy’inda zitateganyijwe ziterwa abangavu kiri mu bihangayikishije u Rwanda ndetse abayobozi b’inzego zinyuranye bamaze igihe bashyira...
Imibare y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare igaragaza ko mu 2023, abatura-Rwanda 32,853 bapfuye ku mpamvu zitandukanye ziganjemo uburwayi, aho...
Ikigo cy’Itumanaho cya Airtel kiri mu bikorera mu Rwanda cyatangaje ko ibibazo bya internet byagaragaye mu bihugu...